Intumwa y’Imana (Amahoro n’umugisha bimusakareho) iragira iti: “Umuntu agomba gutabara umuvandimwe we niyo yaba ahohotera abandi cyangwa we ahohotewe. Iyo ahohotera abandi, ugomba kubimubuza icyo gihe nibwo uzaba umutabaye. Niba ahohotewe, ugomba kumutabara.” Boukhari na Muslim Nkuko Anas ibn Malik (Allah amwishimire) abivuga, Intumwa y’Imana Muhammad (S.A.W) yaravuze ati : « Tabara umuvandimwe wawe, yaba ari gukandamiza […]